Abschnittsübersicht


  • Guhindura umurima ugaterwamo ibiti bivangwa n’ibihingwa bigomba gutegurwa neza kandi intambwe ku yindi. Hano hari imfashanyigisho y’uko gahunda yo guhindura umurima ugaterwamo ibiti biganwa n’imyaka ikwiye gutegurwa.

    • 3.2 Ubwoko butandukanye bw’ibiti biterwa mu murima w’ikawa mu Rwanda

      Hano urahasanga urutonde rw’ibiti by’igicucu byaterwa mu murima w’ikawa mu Rwanda ukarushaho gutanga umusaruro. Uko bikurikirana ku rutonde niko twifuza ko byaterwa muri gahunda yo guhindura umurima.


    • Hano urahasanga urutonde rw’imyaka itwikira ubutaka yaterwa mu murima w’ikawa mu Rwanda ukarushaho gutanga umusaruro. Uko ikurikirana ku rutonde niko twifuza ko yahingwa muri gahunda yo guhindura umurima.

    • 3.4 Uko batera ibiti bitanga igicucu

      Muri iyi videwo, hasobanuwe akamaro k'ibiti by'igicucu mu murima wa kawa, ndetse n'uburyo bwo kubitegura.